John Legend: "ntitwabwirizwa guhana Abanyarwanda kuko hari ibyo tutemeranya n'ubuyobozi"
John Legend: "ntitwabwirizwa guhana Abanyarwanda kuko hari ibyo tutemeranya n'ubuyobozi"
Yatangajwe
John Legend, umuhanzi w'umuhanga uturuka muri USA yaririmbye i Kigali mu gitaramo "Move Africa 2025".
Mu gihe hari abamusaba kutagerayo kubera ibivurwa ku Rwanda mu ntambara zibera DRC,
yabwiye BBC ati: "No mu gihugu iwacu hari ibyo ntemeranya n'abayobozi…ntabwo nemera ko tubwirizwa guhana Abanyarwanda".
Ni igitaramo citabwe n'abantu babarirwa mu bihumbi.




