Massamba Intore: “Ubu tugenda nk’igihugu, turata imbyino n’imico by’Urwanda”
Massamba Intore: “Ubu tugenda nk’igihugu, turata imbyino n’imico by’Urwanda”
Yatangajwe
Yizihiza imyaka 40 ari umuhanzi, nyuma y’ibitaramo by’i Kigali, Canada na Danmark, Massamba Intore yaganiriye BBC.
Mu nsobanuro ze, yaciye ku masonga ibyo yanyuzemwo, icyo ari nk’umuhanzi, umubyeyi n’umutoza.
“Sha, ibya ngobwa byose narabishitseho. Ibiza ni inyongera.”
Uno wabaye umutoza w'itorero “Indahemuka” igihe cy’intambara, yishimiye ibyo itorero ry’igihugu -ubu- “urukerereza” abereye umutoza rimaze kugeraho, mu Rwanda no mu mahanga.




