Massamba Intore: “Ubu tugenda nk’igihugu, turata imbyino n’imico by’Urwanda”

Insiguro ya video, Massamba Intore mu kiganiro yavuze uko ari umubyeyi, umuhanzi, umutoza n'ibindi.
Massamba Intore: “Ubu tugenda nk’igihugu, turata imbyino n’imico by’Urwanda”
Yatangajwe

Yizihiza imyaka 40 ari umuhanzi, nyuma y’ibitaramo by’i Kigali, Canada na Danmark, Massamba Intore yaganiriye BBC.

Mu nsobanuro ze, yaciye ku masonga ibyo yanyuzemwo, icyo ari nk’umuhanzi, umubyeyi n’umutoza.

“Sha, ibya ngobwa byose narabishitseho. Ibiza ni inyongera.”

Uno wabaye umutoza w'itorero “Indahemuka” igihe cy’intambara, yishimiye ibyo itorero ry’igihugu -ubu- “urukerereza” abereye umutoza rimaze kugeraho, mu Rwanda no mu mahanga.

Massamba Intore mu kiganiro yavuze uko ari umubyeyi, umuhanzi, umutoza n'ibindi.
Insiguro y'isanamu, Massamba Intore mu kiganiro yavuze uko ari umubyeyi, umuhanzi, umutoza n'ibindi.