10% by'abiga kaminuza zigenga mu Rwanda barahagaritse kubera amikoro make yatewe na covid-19

Yatangajwe

Kaminuza zigenga mu Rwanda ziravuga ko zikeneye inkunga yo kuziba icyuho cyatewe n'icyorezo cya Covid 19.

Mu igenzura rigamije kureba ingaruka z'icyi cyorezo, ubuyobozi bw'ihuriro rya Kaminuza zigenga mu gihugu buvuga ko abanyenshuri bagera ku 10 ku ijana by'abiga muri aya mashuri makuru bahagaritse amasomo kubera ikibazo cy'amikoro.

Dr Callixte Kabera, umuyobozi w'iri huriro, avuga ko hakenewe inguzanyo y'igihe kirekire kugira ngo ibikorwa by'uburezi muri aya mashuri bizanzahurwe.

Twashatse kumenya uko ikibazo kimeze, Prudent Nsengiyumva avugana na Dr Kabera (umva icyo kiganiro aho hejuru).

Wareba kandi n'ibi: