Kongo yirukanye abarundi bagera ku 1500

Yatangajwe

Republika ya Demokarasi ya Kongo yirukanye abarundi bagera ku gihumbi n'amajana atanu, ivuga ko babaga muri Kongo mu buryo butemewe n'amategeko.

Aba bantu biganjemo abagore n'abana, ni abenegihugu b'u Burundi bari bamaze imyaka ibiri bacumbitse mu turere twa Goma na Nyiragongo.

Barashinjwa guteza impagarara mu gihugu kubera kwanga gukurikiza amategeko y'igihugu, arimo no kugira ibyangombwa.

Twashatse kumenya uko bimeze, mugenzi wacu Florentine Kwizera avugana na Jean Bosco Sebishyimbo, minisitiri w'umutekano mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Yatangiye asobanura abo birukaywe abo ari bo n'impamvu (umva ikiganiro aho hejuru).

Soma kandi: